Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yashimangiye ko u Rwanda rwiteguye guhangana n’uwariwe wese warushozaho intambara. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiriye kuri ...
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Sheikh Shakhboot Bin Nahyan Al Nahyan, byibanze ku mubano ...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko ibibazo by'umutekano muke muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bidashobora gukemurwa binyuze mu nzira y'intambara. Umukuru w'igihugu ...
Nyuma yo kubohora Umujyi wa Goma, abarwanyi ba M23 bambuye Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, FARDC n’abarwanyi b’Umutwe w’Iterabwoba, FDLR, intwaro n'indege za gisirikare ...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko bibabaje kubona abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, batumiwe mu nama yiga ku kibazo cy’intambara iri mu ...