Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko agiye guhagarika inkunga yose Amerika yahaga Afurika ...
Aba bacanshuro bageze muri RDC nyuma yo guhabwa akazi na Perezida Félix Antoine Tshisekedi kugira ngo bafashe ingabo ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yashimangiye ko u Rwanda rwiteguye guhangana n’uwariwe wese warushozaho intambara. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiriye kuri ...
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Sheikh Shakhboot Bin Nahyan Al Nahyan, byibanze ku mubano ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Impunzi z’Abanye-Congo zari zicumbikiwe mu Nkambi y’Agateganyo ya Rugerero zikomeje gusubira iwabo nyuma y'iminsi ibiri M23 ifashe Umujyi wa Goma itsinze Ingabo za DRC (FARDC) n’abo bafatanyije barimo ...
Inararibonye n’impuguke muri Politiki zisanga imikorere y'Umuryango wa Afurika y'Iburasirazuba, nikomeza uko iri, aho ibihugu usanga biharanira inyungu zabyo bwite, bishobora kuzatuma utagera ku ntego ...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko ibibazo by'umutekano muke muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bidashobora gukemurwa binyuze mu nzira y'intambara. Umukuru w'igihugu ...
Nyuma yo kubohora Umujyi wa Goma, abarwanyi ba M23 bambuye Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, FARDC n’abarwanyi b’Umutwe w’Iterabwoba, FDLR, intwaro n'indege za gisirikare ...
Umutwe wa M23 umaze iminsi itatu uri kugenzura Umujyi wa Goma nyuma yo gutangaza ko yawufashe. Kuva uwo munsi yatangaje ko ...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko bibabaje kubona abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, batumiwe mu nama yiga ku kibazo cy’intambara iri mu ...